Kubungabunga ibidukikije ni imvugo ndetse n’ingiro ikoreshwa na benshi hamwe n’ibigo byinshi. Kubungabunga ibidukikije ni ingenzi kuko mu buzima bwa buri munsi habaho ibikorwa byo kubyangiza ndetse no guhumanya ikirere, bityo rero ni inshingano zacu twese mu kubungabunga ibidukikije mu buryo bumwe cyangwa ubundi.
Ugize ikibazo cyangwa inyunganizi ku bijyanye n’izi ngamba zashyizweho zo kwirinda, tuvugishe kandi usure urubuga rwacu rwa ZaNiheza wibereye iwawe urusheho kumenya no gusobanukirwa gahunda zacu.
Twishimiye kukumurikira u Rwanda mu maso yacu.
Itsinda rya ZaNiheza/ZaNihezians
Wifuza inyunganizi wasura urubuga rwa Ministeri y’ubuzima Rwanda’s Ministry of Health